Umumaro wo Gusenga

Umumaro wo Gusenga Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Umumaro wo Gusenga, Byumba.

14.Ariko Imana ishimwe kuko ihora iturangaje imbere, ikaduha kuneshereza muri Kristo no gukwiza hose impumuro nziza yo kuyimenya, 15.kuko turi impumuro nziza ya Kristo ku Mana hagati y’abakira n’abarimbuka. 2Abakolinto2:14-15

04/06/2024

Iyo Amazi ahuye Nifu cg Yivanze n'Ifu, havamo umutsima cg bitanga umutsima
biba byivanze kuburyo utanabona uko ubitandukanya kandi biba byavuyemo icyintu cyimwe bitakiri bibiri.

uribaza Imana Kwivanga n'umuntu hari buvemo iki?
utekereza ko umuntu yari bugume ari umuntu bumuntu?

Imana kwivanga n'umuntu havamo icyaremwe gishya = Imana Muntu.

aho niho hari ubwiru bwari bwarahishwe kera gusa Ubu bwarahishuwe Muri Kristo Yesu. Aho Turi ibyaremwe bishya.

umuntu Iyo ari Muri Kristo Yesu aba ari Icyaremwe gishya. Kuko niho ubwiyunjye bw'ubumuntu n'Imana byabereye. ubu Mana Kwivanga n'ubu Muntu bitavangurwa cg ngo bitane. Nguko gukira kose kandi kuri Byose kw'inyoko Muntu.

10/11/2022
10/11/2022

nukuri ino video iragufasha beza kumva icyo bivuze kuba uri umunyabyaha no kuba Yesu yaraje

22/02/2021

Hello Every One In This Group, Am ,New Here .
I Have YouTube Channel For Twinmotion ,Artlantis ,Archicad and Lumion if you are interested You can Click On This Link
Thank You!!!!
I Love You
https://www.youtube.com/watch?v=0yJLcXOHHnk&t=321s

07/10/2020

uyumunsi ushobora gusengera
1. undi munt umwe u*i utaravuka ubwa 2 (utarazuka) ngo ushobozwe kumugezaho inkuru nziza ephisians 2:8
2. Imana ifungure imiryango yivugabutumwa atange ubushizi bwamanga roman 1:16
3. Stability of church in God's word. 2Timoths 2:2, 3:16-17.
Murakoze. Pray for.....

06/10/2020

MWARAMUTSE ushobora kuba ufite ibyo gusengera (prayer request) ubu wabidusangiza tukagufasha gusenga tkx.

09/09/2020

iburizwamo iyo iri imbere ya jesus.

09/05/2019

bavandimwe niba koko mukunda IMANA mureke tubigaragaze dusoma urwandiko yatwandikiye twebwe abana bayo
biroroha cyane dusoma utubaruwa twaba boy/girl friend rwose inyuguti kuyindi ark gusoma akabaruwa twohererdjwe n umuremyi wacu dukomoraho ubugingo buhoraho ntitubikore tuba dushaka ko tugasomerwa nabandi birabajbiroroha cyane dusoma utubaruwa twaba boy/girl friend rwose inyuguti kuyindi ark gusoma akabaruwa twohererdjwe n umuremyi wacu dukomoraho ubugingo buhoraho ntitubikore tuba dushaka ko tugasomerwa nabandi birabaje pe
mureke tureke kwibeshya kuko HMANA yo ntibeshywa
1.niba ntamwanya ufite wo gusoma bible byibuze 4 mucyumweru bizakugora kumenya ko ibyo wizera ari 1.niba ntamwanya ufite wo gusoma bible byibuze 4 mucyumweru bizakugora kumenya ko ibyo wizera ari ukuri
2.niba ukunda kuvuga kur bible utayiha umwanya wo kuyisoma ufte amahirwe menshi yo kuyobya abantu

icyo tugiye gukora
1. gusoma bible byize 2 mucyumweru
uko bizakorwa
tuzajya twese tusoma urwandiko pawulo yandikiye abaroma uko dushoboye
dusangire ibyo twasomye muri comment tuzahera
abaroma 1:1-17
uzajya udusangiza icyo wakuyemo twesese gutyogutyo murakuzajya udusangiza icyo wakuyemo twesese gutyogutyo murakoze

20/04/2019

mureke twishime dutere hejuru kubwinsinzi yacu kubwurupfu rwa yesu
kubizera twe twaratsindishirijwe kubatarizera rwose mbabwije ukuri muzarimbuka
kuko ntacyo mwakora gisimbura icyo kristo yakoze kumuskuko ntacyo mwakora gisimbura icyo kristo yakoze kumusaraba
ntanicyo ye wakongeraho kuko icyo yakoze kirahagije gukiza umuntntanicyo ye wakongeraho kuko icyo yakoze kirahagije gukiza umuntu
uyumunsi dutangire gutekereza igihe tweguriye ubu*ima bwacu kristo
niba tugitegereje gutsindishiriza nimirimo dukora
usome abaroma 3:19-2usome abaroma 3:19-26
nibutarizera uyu niwo mwanya mawe wo gukiza umujinwa w'Imana muri kristo kumwizera byonyine birahagije
tekereza neza

02/04/2019

reka mbaze ese nonaha uramutse umfuye akakaya aho uri ukabona uhise upfa
wajya mwijuru cg ntiwajyayo utekerezako wajyahe????

05/02/2019

nukuri birakoye kubyumva
Nowa Imana yaramubwiye ngo yubake inkuge(ubwato) ngo abantu bazakiriremo umwuzu ntuzabarimbure
akabaza bamuseka bamutuka bavuga ko yasaze
amaze kurangiza abwirabantu bose ngobinjoremo batarimbuka baramuseka barabyanga abwiyinyamaswa zo zirinjira zose umwuzure uje urabarimbura.
Nuyumunsi tubwira abanu kwakira agakiza Imana yatangiye muri kristo kubuntu kubwurukundo rwayo yakunze abantu bakanga kukakira ariko kwizera no kwiyegurira kristo
nuko abanze kwizerako imvura izagwa umuzure ukazarimbura abantu bikarangira barimbutse
ninako abanga kwizera icyo kristo yabakoreye kumusaraba bazarimbuka
ushobora kwizera nawe uyumunsi ukava mumubare wabazarimbuka.

08/01/2019

nose ko bibilia itubwira ngo twacunguwe na kristo ubundi ibi byo byatangiye gute ngo aze kuducungura hari habayiki? dukoreshe nibyanditwe tugerageza gusubiza

08/01/2019

bavandimwe ndashaka tuganire kw'ijombo ry'Imana.
iyo bavuze kristo wumva ki? cg
hagize ukubaza ngo kristo ni muntuki? wamusubiza gwiki?

31/01/2018

Every Think Without GOD Is Bwerere

11/08/2017

Ok Dukomeze
Mtanjya Yeguka Kandi Barabwiye Ngwaraye Canser Nukumujyana Kumuvuza Mumahanga Nuko Ntakira Imana Ngwizamukize Kuko Ntabushozi Narimfite
Nukumuganga Aravuga Atia"mbonye Kwimana Yumva Gusenga Kandi Izohozimigambi Yayo Kubayisenga
Umwana Aramuvura Arakira Nuko Amasaha Yogufatigihembo Yari Yarenze Kare Afatimoda Asubiri Iwabo......
Tkx Isomo Umumaro Wo Gusenga Dusome
Abagaratiya 6:18
Kora Share Nibubikunze

09/08/2017

True Story To !!!
Ok Dutangire......
Umunganga (doctor) Yabayuwambere Mukuvura Canser Biba Ngobwa Ko Ajya Gufatira Ibihembo Hanze Yigihugu Afata Rutemikirere Ikigera Mukirere Isanga Ntikimeze Neza Biba Ngobwa Ko Idege Igwa Kukindi Kibuga Nuko Abonamasaha Arikumufata Kandi Amasaha Yo Gutangigihembo Ageze Ahita Afata Imodoka Aritwara Mugihe Agenda Ibihu Biba Byuzuye MumuHanda Bimubuza Kugenda Nuku Aguma Kugenda Imodoka Irayoba Arangenda Abona Agezahantu Mucyaro Cyakure Hataba Nabantu Agerayo Arushye Ashonje Nuko Ahabona Akazu Kakaruri Agiyemo Ahasanga Umutindi Nyakurya Amuha Kumazi Aranamugaburira Nuko Umuganga Abona Uburiri Bwumana Abaza Uwo Mutindi Nyirabwo Aharia
Muganga:nonese Nyirubu Buriri Ari Hehe?
Umutindi:reka Dusenge
Umuganga Niyarabyitayeho Kuko Ntiyarazi Gusenga Nukumutindi Arasenga
Umutindi:mana Yajye Ndakwinginze Umva Gusenga Kwanjye
Umutindi abwira Umuganga Ndanizi Neza Ko Gusenga Kwanjye Gufitimbara Kandumunsumwe Imana Izansubiza
Ati"dore Munsi Yubwo Buri Mpafitumwana Urwaye .
Erega

31/07/2017

petero ahageze asanga bariracyane berekanimyenda dorks yababoheye akiriho. Imirimo myiza ya dorks. yatumye Imana imuzura. dukorimo myiza nkabazi Kristi nibwo tuzagororerwa.

Address

Byumba

Opening Hours

09:00 - 17:00

Telephone

+250723147217

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Umumaro wo Gusenga posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Practice

Send a message to Umumaro wo Gusenga:

Share

Share on Facebook Share on Twitter Share on LinkedIn
Share on Pinterest Share on Reddit Share via Email
Share on WhatsApp Share on Instagram Share on Telegram